life

“Igituma Data ankunda ni uko ntanga ubugingo bwanjye ngo mbusubirane.

Yh 10 : 17

bakavamo, abakoze ibyiza bakazukira ubugingo, naho abakoze ibibi bakazukira gucirwaho iteka.

Yh 5 : 29

Ni jye mutsima w'ubugingo.

Yh 6 : 48

kuko nk'uko Data afite ubugingo muri we, ni ko yabuhaye Umwana ngo abugire na we.

Yh 5 : 26

Simoni Petero aramusubiza ati “Databuja, twajya kuri nde, ko ari wowe ufite amagambo y'ubugingo buhoraho,

Yh 6 : 68

Ukunda ubugingo bwe arabubura, ariko uwanga ubugingo bwe muri iyi si, azaburinda ageze ku bugingo buhoraho.

Yh 12 : 25

Nyamara mwanze kuza aho ndi, ngo muhabwe ubugingo.

Yh 5 : 40

nk'uko wamuhaye ubutware ku bantu bose, kugira ngo abo wamuhaye bose abahe ubugingo buhoraho.

Yh 17 : 2

Urya umubiri wanjye, akanywa amaraso yanjye aba afite ubugingo buhoraho, nanjye nzamuzura ku munsi w'imperuka,

Yh 6 : 54

Ariko sinita ku bugingo bwanjye ngo nibwire ko ari ubw'igiciro kuri jye, kuko nkwiriye kurangiza urugendo rwanjye n'umurimo nahawe n'Umwami Yesu, wo guhamya ubutumwa bwiza bw'ubuntu bw'Imana.

Intu 20 : 24