care

kandi ubwo nari nteraniye hamwe namwe mu mutima wanjye dufite ububasha bw'Umwami wacu Yesu, nahawe ubutware na we

1 Kor 5 : 4

Nuko yinjiye arababaza ati “Ni iki gitumye musakuza kandi murira? Umwana ntiyapfuye ahubwo arasinziriye.”

Mk 5 : 39

Nuko rero nk'uko Umwuka Wera avuga ati“Uyu munsi nimwumva ijwi ryayo,

Heb 3 : 7

Inguma zanjye ziranuka kandi ziraboze,Ku bw'ubupfu bwanjye.

Zab 38 : 6

Mt 28 : 56

Niba umubiri wawe wose usābwa n'umucyo, ari nta mwanya n'umwe ufite umwijima, umubiri wose uzaba ufite umucyo nk'uko itabaza rikumurikishiriza umucyo waryo.”

Lk 11 : 36

Yesu ahageze arararama aramubwira ati “Zakayo, ururuka vuba kuko uyu munsi nkwiriye kurara iwawe.”

Lk 19 : 5

Ahubwo ibiri imbere abe ari byo mutangana ubuntu, ni bwo byose bizabatunganira.

Lk 11 : 41

Mwāturire Uwiteka ko izina rye rifite icyubahiro,Muze mu bikari bye muzanye ituro.

Zab 96 : 8

Uwiteka Nyiringabo Imana ya Isirayeli ivuga itya iti “Nimushyire ibitambo byanyu byoswa ku maturo yanyu, maze murye inyama.

Yer 7 : 21